Amategeko n’amabwirizwa

URUNGANO INITIATIVE

Uru rubuga (website) ndetse n’amakuru ariho ni umutungo w’Urungano initiative kandi byashyiriweho gufasha urubyiruko ndetse n’umuryango mugari wacu kubona amakuru na serivise zijyanye n’ubuzima bw’imyororokere.
Amakuru na serivise bitangwa kuri uru rubuga birizewe kandi bishingiye k’ubushakashatsi ndetse n’inkuru mpamo.Amakuru yose na serivise mubitegurirwa kandi mukabigezwaho n’abaganga binzobere kandi bemewe n’amategeko.

AMATEGEKO N’AMABWIRIZA

Urungano Initiative ruramenyesha abakoresha amakuru na serivise biboneka ku rubuga rwacu rwa (www.urungano.rw) ko mbere yo gukoresha amakuru na serivise biriho bakurikiza aya mategeko n’amabwiriza:

  • Amakuru na serivise dutanga hano bigamije kwigisha no guhugura
  • Amakuru na Serivise dutanga hano ntabwo agamije kuvura
  • Ntabwo byemewe gukoresha amakuru na serivise zacu mu nyungu zawe bwite keretse wabiherewe uburenganzira n’ubuyobozi bw’urungano mu nyandiko.
  • Gukoresha amakuru na serivise zacu n’uburenganzira bwa muntu
  • Urungano Initiative ntituzishingira ibyakurikira gukoresha amakuru na serivise zacu mu nyungu bwite z’abantu


N.B:Uwafatwa akoresha amakuru na serivise zacu mu nyungu ze azakurikiranwa n’amategeko